Kishore Kumar Hits

Patient Bizimana - Menye Neza şarkı sözleri

Sanatçı: Patient Bizimana

albüm: Patient Bizimana


Menye neza kw'isi ntakitanga kirengeje ubuntu n'imbabazi wangiriye, nzatura iwawe iteka ryose.
Menye neza kw'isi ntakitanga kirengeje ubuntu n'imbabaZi wangiriye, nzatura iwawe iteka ryose.
Mvuze iby'urukundo rwawe bwakira bugacya, sinakugereranya n'abantu habe nagato kuko ntakiza kibavahoo cyamvana mu bikari byawe uri inshuti idasanzwe inyuzura umutima wanjye
Menye neza kw'isi ntakitanga kirengeje ubuntu n'imbabazi wangiriye, nzatura iwawe iteka ryose
Menye neza kw'isi ntakitanga kirengeje ubuntu n'imbabazi wangiriye, nzatura iwawe iteka ryose
Waserutse ngukeneye unyuzuza ibitwenge ibyari intimba bihinduka indirimbo nshya, kubw'ibyiza mbona iwawe sinzakwitesha uri inshuti nyanshuti idahindangurika
Menye neza kw'isi ntakitanga kirengeje ubuntu n'imbabazi wangiriye, nzatura iwawe iteka ryose
Menye neza kw'isi ntakitanga kirengeje ubuntu n'imbabazi wangiriye, nzatura iwawe iteka ryose
End

Поcмотреть все песни артиста

Sanatçının diğer albümleri

Benzer Sanatçılar